Uyu munsi, twibuke ubutwari bw’ abanyeshuri b’ I Nyange.
Twibuke ubutwari bw ‘ abanyeshuri b’ I Nyange banze kwicamo ibice kugeza guhitamo urupfu aho kwemera iterabwoba ry’ abashakaga kubatandukanya .
Igihe tugezemo ubutwari dusabwa ntibugoye nk’ ubwo mugihe cy’ intambara. Uyu munsi, ubutwari U Rwanda rudukeneyeho ni ubwo kurenga inzika no guca inzigo tugaharanira ubwubahane.
Umunyarwanda nazirikane ko uko ubwoko yiyumvamwo bwaba bwitwa kose, bwaba ubw’ atutsi , ubw’ abahutu cyangwa ubw’ abatwa ; yaba umunyarwanda ufite inkomoko hanze y’u Rwanda, afite icyo apfana n’ abandi banyarwanda kandi ko icyo dupfana kiruta icyo aricyo cyose twapfa.

Twibuke ubutwari bw’ abanyeshuri b’ l Nyange bahisemwo guhara amagara mu ubuvandimwe aho kuyakiza mu ubugwari.
Samuel Kamanzi.
Photos: internet
https://inyenyerinews.info/truth-reconciliation/uyu-munsi-twibuke-ubutwari-bw-abanyeshuri-b-i-nyange/https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2021/02/IMG_20210201_003445.jpg?fit=960%2C798&ssl=1https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2021/02/IMG_20210201_003445.jpg?resize=140%2C140&ssl=1AFRICADEMOCRACY & FREEDOMSJUSTICE AND RECONCILIATIONLATEST NEWSOPINIONTRUTH & RECONCILIATIONTwibuke ubutwari bw ‘ abanyeshuri b’ I Nyange banze kwicamo ibice kugeza guhitamo urupfu aho kwemera iterabwoba ry’ abashakaga kubatandukanya . Igihe tugezemo ubutwari dusabwa ntibugoye nk’ ubwo mugihe cy’ intambara. Uyu munsi, ubutwari U Rwanda rudukeneyeho ni ubwo kurenga inzika no guca inzigo tugaharanira ubwubahane. Umunyarwanda nazirikane ko uko...Placide KayitareNoble Mararakayitare@gmail.comAdministratorINYENYERI NEWS