Nyandwi Martin yemeye icyaha cya Jenoside yakoreye abatutsi muri Kaminuza Nkuru y’ U Rwanda mu ubuhamya bumaze iminsi buhererekanywa kumbuga nkoranyambaga .

Ubu buhamya bwaba ari bwo buzashingirwaho mugikorwa cyo gucyura ababuvugwamo bagishakishwa n’ ubutabera babarizwa kumugabane w’ uburayi ?

Ubu buhamya bwageze kuri youtube 11/07/2020 bukomeje kugarukwaho nyuma y’ uko Beatrice Munyenyezi ubuvugwamo akaba anashinjwa urupfu rw’ umubikira yarashe nyuma yo kumwohereza gukorerwa ibya mfura mbi muri “cave” ya hoteli y’ umuryango we i Butare, acyuwe yambitswe amapingu n’ igihugu cya Amerika.

Kurikira :

Nyandwi Martin akomeje gushinja abo bafatanyije iyicarubozo rishingiye kugitsina n’ubwicanyi muri jenoside yakorewe abatutsi!

Samuel Kamanzi

https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2021/04/IMG-20210424-WA0004.jpg?fit=960%2C454&ssl=1https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2021/04/IMG-20210424-WA0004.jpg?resize=140%2C140&ssl=1Placide KayitareAFRICAHUMAN RIGHTSJUSTICE AND RECONCILIATIONLATEST NEWSTRUTH & RECONCILIATIONNyandwi Martin yemeye icyaha cya Jenoside yakoreye abatutsi muri Kaminuza Nkuru y' U Rwanda mu ubuhamya bumaze iminsi buhererekanywa kumbuga nkoranyambaga . Ubu buhamya bwaba ari bwo buzashingirwaho mugikorwa cyo gucyura ababuvugwamo bagishakishwa n' ubutabera babarizwa kumugabane w' uburayi ? Ubu buhamya bwageze kuri youtube 11/07/2020 bukomeje...PUBLISHING YOUR NEWS WITH CUTTING EDGE STYLE