Radio Inyenyeri Kagame na manda ya gatatu 24.04.2017
Manda ya gatatu na Kagame ikomeje kuba amayobera kuko arakoresha abagore nkamakarita kanda hano hasi
Radio Inyaneyri Kagame na Manda 3 ati abagore ntibagakubitwe 23.04.2017
Kagame ati abagore ntibagakubitwe ibyo yabivuze atangira gushaka amajwi ya manda yagatatu. Kanda hano hasi
Rutsiro: Inka yabyaye utunyana 5 tutagejeje igihe duhita dupfa
Mu Karere ka Rutsiro ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Mata 2017 inka yaraye iramburuye (ibyaye inka zitagejeje igihe) utunyana dutanu. Imitavu itanu ntiyabashije kubaho Iyi nka y’uwitwa Habyarimana…
Perezida Kagame, Idris Déby na Alpha Condé mu nama ikomeye ku mavugurura muri AU
Perezida Paul Kagame na Idris Déby Itno wa Tchad uyobora Tchad bitabiriye inama ibahuza na Perezida Alpha Condé uyoboye Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU), baganira ku mavugurura ari…
Radio Inyenyeri ikiganiro hirya no hino na Serge Mandela muri Zambia 22.04.2017
Ikiganiro hirya no hino aho radio inyenyeri iganira na Jean-Serge Mandela muri Zambia Ibibabazo by'ubuhunzi ndetse nokawmburwa ibyangombwa Inama kubanyapolitiki ndetse n'itangazamakuru Kanda hano hasi
Radio Inyenyeri Amakuru Bombori bombori 21.04.2017
Ikiganiro Bombori bombori kireba kumpanvu zinzara aho dusoma text messages ndetse na makuru abanyarwanda bongorerana kubera inzara ikomeye mu gihugu. Kanda hano hasi
Perezida Kagame agiye gusubira muri Guinea nyuma y’umwaka umwe ahavuye
Umuvugizi w’agateganyo wa Guverinoma ya Guinea, Moustapha mamy Diaby ndetse na minisitiri w’itumanaho, kuri uyu wa kane batangaje ko perezida w’u Rwanda, Paul Kagame ndetse na mugenzi we wa Tchad,…
Uko Karamaga wahishe umurambo wa Agatha acungiwe umutekano nyuma yo gutabaza
Perezida wa Sena, Bernard Makuza, aherutse kwizeza umutekano usesuye Karamaga Thadée wari umusirikare mu ngabo zatsinzwe, wagize uruhare runini mu kurokora abatutsi benshi ariko ubu akaba asigaye aterwa ubwoba n’abantu…
Radio Inyenyeri Amakuru POKOPOKO
Amakuru mu binyamakuru na Pokopoko Kanda hasi wumve Jeannne Umulisa, Esperance Mukashema ndetse na Ivan Kigenza aho basesengura inkuru zidasanzwe.
Ibendera na banderole yo kwibuka Jenoside byatoraguwe mu Musarane
Vuba aha nibwo hari hagaragaye amakuru y’iyibwa ry’ibendera na banderole yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu karere ka Ngoma gusa kuri ubu hari andi makuru avuga ko iri bendera na…