Gisozi: Abantu bane bagwiriwe n’ inzu barapfa
Abantu bane barimo umugore, umugabo n’ abana bagwiriwe n’ inzu bose bahita bitaba Imana. Iyi nzu yari iherereye mu murenge wa Gisozi Akagari ka Ruhango umudugudu wa Kanyinya mu karere…
Urujijo ku nkomoko y’amafoto ya Rwigara Diane yambaye ubusa
Mu gitondo cyo ku wa Gatanu ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amafoto ya Diane Rwigara, umukobwa w’umunyemari Rwigara Assinapol uherutse kwitaba Imana. Uyu mukobwa w’imyaka 35 y’amavuko, muri iki Cyumweru…
Nyamirambo : Ruhurura imaze gutwara ubuzima bw’abaturage 7
Abaturage batuye mu kagari ka Mumena, Umurenge wa Nyamirambo, Akarere ka Nyarugenge baravuga ko bafite ikibazo cya Ruhurura imaze gutwara ubuzima bw’abaturage 7 abandi bakahakomerekera. Aba baturage bagaragaje iki kibazo…
Radio Inyenyeri Ikiganiro Pokopoko 06.05.2017
Ikiganiro Pokopoko kireba amateka ibizima nibyagenze nabi kanda hasi
Amagambo ashize ivuga: Gen Niyombare yabonetse abeshyuza abitiranya u Rwanda
Gen Maj Godefroid Niyombare Ntibikiri ibanga, nyuma y’imyaka ibiri atajya ahabona, bamwe bavuga ko yapfuye, leta y’u Burundi itangaza ko yari ashyigikiwe n’u Rwanda mu gikorwa cyo guhirika ubutegetsi bitamuhiriye…
PS IMBERAKURI RIRAMAGANA UBWICANYI BWAKOREWE ABANA B’INZEREREZI
ITANGAZO No 04 RIGENEWE ABANYAMAKURU ISHYAKA PS IMBERAKURI RIRAMAGANA UBWICANYI BWAKOREWE ABANA B’INZEREREZI Mu ijoro ryo kuwa 28 Mata 2017 nibwo abana b’inzererezi basanzwe n’inzego zishinzwe umutekano bakorerwa igikorwa cya…
EU will not send expert mission for Rwanda August elections
News EU declines to send expert mission to Rwanda for the August elections By Our Reporter and Agencies EU envoy to Rwanda Michael Ryan The European Union will not send…
Radio Inyenyeri Abatumire bananiwe kumvikana kuri Diane Rwigara 04.05.2017
Abatumire kuri radio inyenyeri bananiwe kumvikana kuli kandidatire ya Rwigara Diane Kanda hano hasi
Radio Inyenyeri Diane Rwigara 02.05.2017
Ikiganiro kireba impamvu yateye Diane Rwigara guhitamo kwiyamamariza umwanya w'umukuru w'igihugu. kanda hano hasi
Bamwe mu bakozi ayo bahembwa bayita intezarubwa no kurya ni kuri Mana mfasha
Kuri uyu wa 01 Gicurasi 2017, ni umunsi mpuzamahanga w’umurimo. Bamwe mu bakorera mu Mujyi wa Kigali baratangaza ko ayo bahembwa bitewe nuko ku isoko byifashe, ntabakemurira ibibazo ndetse no…