Nyarugenge: Ibikekwa nk’umutobe byahitanye umuntu abandi bane bajyanwa mu bitaro
Umuntu umwe niwe umaze kwitaba Imana abandi bajyanwa mu bitaro bakaba bamerewe nabi cyane bazira kuba baranyoye ibyo bamwe bise umutobe abandi bakabyita ubushera. nyuma yo kunywa ibyo bamwe bise…
Byanyima named among top world brands
The poll to select the top brands is an annual event conducted online, with the public taking part in choosing the best candidates Global reputation consulting agency, Reputation Poll International…
RwandAir igiye gutangiza ingendo zerekeza mu Bubiligi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo yatangaje ko bitarenze Nyakanga, Sosiyete Nyarwanda itwara abantu n’ibintu mu ndege, RwandAir, izatangira gukora ingendo zerekeza mu Bubiligi. Ibi Mushikiwabo yabitangaje kuri…
Uwahoze ari gitifu wa Nyaruguru yatawe muri yombi
Polisi y’ u Rwanda yataye muri yombi Egide Kayitasire wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru, akaza kwegura ku mirimo ye, arimo gukorwaho iperereza ku byaha bibiri. Ayo makuru yemejwe…
Umva Kamugisha, wabuze umugore n’abana 2 mu mpanuka, icyo avuga
Umujyanama w’ubuzima wafatanywe amata yagenewe abana barwaye bwaki Nyirabizimana Vicentie wo mu murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, umujyanama w’ubuzima mu Kagali ka Bahimba yafatanywe Litiro 12 z’amata yagenewe…
Ibihumbi 30 bari barakatiwe TIG barabuze
*Hari abantu benshi bagiye bakatirwa ariko ntibafungwe *Imanza za Gacaca zarangijwe kuri 94% *Hari imanza Inyangamugayo zategetse ko umusozi wose uzishyura Kuri uyu wa gatatu Ministeri y’ubutabera yasobonuriye komisiyo ya…
KWISUBIRA? Zagizwe Kaminuza none zongeye kwitwa Amashuri makuru
Nyuma y’igenzura yakorewe amwe mu yari amashuri makuru (Institute) yigenga tariki 07 Mutarama 2016 yazamuwe na Minisiteri y’Uburezi ajya ku rwego rwa Kaminuza (University). Amwe muri aya mashuri ariko ku…
Rubavu: Bamwe baranenga amashanyarazi bahawe ko urutwa n’agatadowa bacanaga
Abatuye mu tugari twa Nyundo na Kavomo mu murenge wa Nyundo, akarere ka Rubavu, bavuga ko nubwo bahawe umuriro w’amashanyarazi icyo bari bawitezeho ntacyo babonye, bakawunenga ko urutwa n’amatadowa bacanaga.…
Radio Inyenyeri Kwibuka abaguye Gakurazo 05.06.2017
Ikiganiro ku kwibuka ibyabaye Gakurazo kuzabera mu gihugu cy'ubufaransa tariki ya Kanda hasi
Nyarugenge: umusore w’imyaka 24 yatoraguwe muri ruhurura yapfuye
Ruhurura igabanya Umurenge wa Gitega n’uwa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge hagaragaye umurambo w’umusore witwa Mpozembizi Aphrodis uri mu kigero cy’imyaka 24 Aya makuru yamenyekanye mu rukerera rwo kuri uyu…