Museveni Deploys Elite Force at Kaweesi Girlfriend’s Home
In a bid to deescalate the tension between Internal Security Organisation (ISO) and Police, President Museveni has quietly directed an elite force of armed personnel to take over security at…
Nyuma y’impaka ndende haburanishwa abo kwa Rwigara, urubanza rwongeye gusubikwa
13-10-2017 saa 11:09' | By Chief Editor | Yasomwe n'abantu 3581 | Ibitekerezo Kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, nibwo hasubukuwe urubanza rwa Diane Rwigara, nyina Adeline Rwigara…
Adeline Rwigara na Anne Rwigara batakambiye urukiko ko bahabwa Bibiliya zabo
13-10-2017 saa 09:54' | By Chief Editor | Yasomwe n'abantu 2081 | Ibitekerezo Kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, ubwo urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwongeraga gusubukura iburanisha mu…
Hoteli yatwaye Akarere ka Burera miliyoni 500 imaze umwaka idakora
Igice kimwe cya ‘Burera Resort Hotel’ yubatswe n’Akarere ka Burera ku Kiyaga cya Burera(Ifoto/Umurengezi Régis) Akarere ka Burera kubatse hoteli yahawe izina rya ‘Burera Beach Resort Hotel’ gusa hashize umwaka…
Gakenke: Umuhanda Musanze-Kigali wafunzwe n’urutare mu gihe cy’isaha
Igice cy’umuhanda cyagize ikibazo Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Ukwakira 2017, umuhanda Kigali-Musanze mu gice cy’Akarere ka Gakenke ahitwa ‘Muri Buranga’ wafunzwe n’ikibuye kinini cyahanuwe…
Ibinyabiziga polisi ifunze bigiye kwimurirwa aho banyirabyo bazajya babyishyurira
Ibinyabiziga byafatiwe kuri polisi bihari ku bwinshi Polisi y’u Rwanda ivuga ko mu gihe cya vuba igiye gushyikiriza ibinyabiziga bitandukanye yafunze, aho ngo ari wo uzaba ufite inshingano zo kubicunga.…
Ibintu 10 bitangaje biza ku isonga mu bitera abantu ubwoba
Ubwoba bushobora gutuma umuntu agana mu icuraburindi bitewe no kwihutira cyangwa gutinda gufata icyemezo nyacyo mu gihe gikwiye, ariko uhangana nabwo akabunesha ni we ufatwa nk’intwari mu rugendo. Mu buzima…
Mininfra yababajwe n’igitutu abashoferi bakoreraho ngo buzuze abagenzi 800 basabwa ku munsi
Abashoferi bakorera bimwe mu bigo byatsindiye isoko ryo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko bugarijwe n’ibibazo byinshi ariko cyane cyane babangamirwa no gukatwa imishahara iyo batabashije kuzuza abagenzi…
Delays over DRC’s election set to fuel tension
Kinshasa - Beset by ethnic divisions, political tensions and bloody fighting in its east, Democratic Republic of Congo faces fresh challenges in the coming months over feared delays to eagerly-awaited…
Kuva muri Mutarama ibiiza bimaze kwangiza ibintu bifite agaciro ka MILIYARI 6,5 Frw
Minisiteri y’impunzi n’imicungire y’ibiza (MIDIMAR) yatangaje uyu munsi ko kugeza ubu uyu mwaka ariwo ibiza byangije byinshi kurusha indi myaka yashize dore ko bimaze kwangiza ibintu bifite agaciro ka miliyari…