ICC document leak: Luis Moreno Ocampo on the spot
Former ICC Prosecutor Luis Moreno Ocampo. He is in the eye of the storm that has hit the international crimes court in The Hague. In Summary Contents of the leaked…
BBC Great Lakes (BBC Gahuza) under attack again – but it will survive again
On 24th April 2014 Rwanda has suspended BBC broadcasts in the Kinyarwanda language because of a film questioning official accounts of the 1994 genocide. The Rwanda Utilities Regulatory Agency (Rura)…
Intore Muyindi Myiteguro Yokwakira Kagame uhora ahindura uruzinduko Kubera Ubwoba
Perezida Kagame aracyategerejwe n'intore mu Bwongereza, yakomeje guhindura uruzinduko kubera impamvu zogutinya abanye Congo n'impirimbanyi za Demokarasi zaba Nyarwanda batuye uburayi kandi bamaze igihe bamwiteguye kugirango bamwirukane. Ubwoba bwaramurenze kubera…
U Rwanda rufite inzobere 19 gusa mu gutera ikinya nazo zikorera mu bitaro bikuru
Raporo y’Ishyirahamwe ry’abakora umurimo wo gutera ikinya ku Isi (WFSA) yagaragaje ko muri Afurika y’Iburasirazuba abarwayi benshi bakeneye kubagwa batabona serivisi z’ikinya uko bikwiye bitewe n’ubuke bw’abaganga babikora. Iyi raporo…
Gisagara :Umugore aravuga ko umugabo we amukubita akabeshyera inka
Alexia Tuyishimire umaranye imyaka isaga umunani n’umugabo we avuga ko amuhohotera bikabije kugera n’aho aheruka kumukubita agahera mu nzu akamubuza kugira uwo abibwira akajya agenda avuga ko ari inka yamwishe.…
Rubavu/ Rugerero: Batewe ubwoba n’ ikiraro giherutse guhitana ubuzima bw’ inshuke [AMAFOTO]
Abuturage bafite ubwoba ko ikiraro cya Dobogo cyaridutse mu mezi arindwi ashize kitubatswe vuba cyakomeza guhitana abana bajya ku mashuri nk’ uko byagenze mu kwezi gushize kwa Nzeli 2017. Iki…
DRC’s opposition condemns postponement of elections
By Godfrey Olukya ARU, Democratic Republic of Congo The opposition party in the Democratic Republic of Congo on Thursday condemned the country's electoral commission for postponing elections until mid- 2019.…
Musanze:Urubura rwangije hegitari zirenga 100 z’imyaka
Umwe mu mirima yangijwe n’urubura, aha hari hahinzwe ibigori() Ubwoba ni bwose mu baturage b’Umurenge wa Busogo mu Karere ka Musanze ko mu gihe kiri imbere bazibasirwa n’inzara bitewe n’uko…