Burera: Hegitari 86 z’ibigori n’ibirayi zangijwe n’imvura ‘idasanzwe’
Abahinzi bo mu Murenge wa Butaro mu Karere ka Burera bari mu kababaro nyuma y’uko imvura bita ko idasanzwe yaraye igwa mu ijoro ryakeye ryo ku wa kabiri rishyira uyu…
RWANDA REKA TUBIVUGE: FPR YA KAGAME NA RNC YA KAYUMBA IGICE CYA MBERE
Kuva 1990 inkotanyi zatera u Rwanda, Paul Kagame yarebye mubasirikare Bose abona ntawundi bahuza ubugome kandi wamukorera ibyo ashaka uretse Kayumba Nyamwasa wari LT. Niko kumuhitamo amusaba gushinga DMI umutwe…
Urubanza rwa ba Rwigara rurasubitswe ‘ku nyungu z’ubutabera’
Kimihurura – Uyu munsi Diane Rwigara yaje ku rukiko rukuru kuburana ubujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo bakatiwe n’urwisumbuye rwa Nyarugenge. Nyina we ntabwo yahageze kuko arwaye. Diane yagaragaye atunganiwe asaba…
Intore zizitabira inama yo guhohotera impunzi leta Y’ubwongereza yazimenye
Leta y'ubwongereza yashyikirijwe ibaruwa y'impunzi zabanyarwanda zimaze igihe zibangamiwe nizindi mpunzi zahunze u Rwanda zagera muricyo gihugu hanyuma zamara kubona ibyangombwa zigahinduka intore zikorera Kagame. Mubyo bazirega harimo kuba ar'impunzi…
Impunzi z’abanyarwanda ziratabaza hirya no hino mu bihugu bya Afurika
Impunzi z’abanyarwanda ziratabaza hirya no hino mu bihugu bya Afurika Nahunze urwanda 2015 kubera inkuru z’abantu babulirwaga irengero noneho habaye kiliya kibazo cyo mukiyaga cya rweru bibangombwa ko hali abazungu…
Bimwe mu Binyamakuru byaguye mu mitego y’abanyabinyoma
Ese ibinyamakuru Rushyashya na Bwiza byaba byaraguye mumutego w'abanyabinyoma cg abanyeshyari mugusebya Umucuruzi Esdras Butare?Ku itariki ya 27 ukwakira 2017,ibinyamakuru bikorera k'urubuga rwa internet aribyo na byasohoye inyandiko ifite umutwe ugira uti:Umunyarwanda…
Rwanda-Uganda Cold War: Kagame summons security chiefs, Urugwiro meeting details on Museveni leak
Rwandan president Gen Paul Kagame has held a security meeting with his trusted security chiefs as the relations between Kampala and Kigali continue to become frosty. According to our highly…
Sophia, robot ishobora kubana n’abantu yabonye ubwenegihugu
Sophia ni ‘robot’ yakozwe na Kompanyi y’Abanyamerika yitwa Hanson Robotics ariko ikorera Hong Kong, nubwo ari mudasobwa yigendera ishobora kuganira n’abantu kandi igasubiza ibibazo byose wayitunguza. Sophia imaze kumenyekana cyane…