Zimbabwe Army General, Chiwenga Who Ousted Mugabe Appointed Vice President
Retired Zimbabwe army chief, Gen Constatino Chiwenga Former chief of the Zimbabwean army, Gen Constantino Chiwenga has been appointed the ruling party’s Vice President to deputize ZANU-PF President, Emmerson…
EXCLUSIVE: Rwanda Writes Protest Letter to Uganda over Arrests; Gen Nyamwasa ‘Recruitment’
In a strong-worded diplomatic note, the government of Rwanda has requested Uganda to remedy “without delay” what Kigali describes as “multiple unjustified arrests” of its citizens in cable, sent to…
Batatu bafashwe bambaye ibiyobyabwenge
Inzego zishinzwe kubungabunga umutekano mu Karere ka Nyagatare zafashe abagore batatu bafite inzoga zifatwa nk’ibiyobyabwenge mu Rwanda. Abo bagore ntabwo batwite ahubwo bambariye ku nzoga zifatwa nk’ibiyobyabwenge Bafashwe mu gitondo…
Ukurikije amateka yacu urubyiruko nkanjye twakabaye turi ‘abasazi’- Hon Bamporiki
Perezida wa Komiziyo y’igihugu y’itorero, Hon Edouard Bamporiki mu nama y’Umushyikirano yavuze ko kubera amateka urubyiruko rwa none rwanyuzemo, ubu bari bakwiye kuba ari abarwayi bo mu mutwe (abasazi) ariko…
Ibitaro birataka ibihombo kubera kuvura abatagira ubwishingizi ntibishyure
Tonny Tanyagwa ukomoka mu Karere ka Nyagatare yaje gupagasa i Kigali aza kurwara igituntu bamujyana ku Bitaro bya Kibagabaga ari intere. Ibitaro by’Akarere bya Kibagabaga biherereye mu Murenge wa Kibagabaga…
‘Nyakubahwa twarayivuze, twarayirangije …ntawe nzarenganya natanyita nyakubahwa’ Perezida Kagame
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwirinda kuzarira mu magambo igihe bahawe umwanya wo kugira icyo bavuga bakagabanya za nyakubahwa. Ubu ni bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze…
Nyamugari/Kirehe: Imiryango myinshi yugarijwe n’inzara
Iburasirazuba – Mu murenge wa Nyamugari mu karere ka Kirehe abaturage baho bavuga ko bugarijwe cyane n’izuba ryateye amapfa imyaka yabo ikumira mu mirima ntibasarure ubu bakaba bugarijwe n’inzara, bamwe…
Ibyaranze umunsi wa mbere w’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano (Amafoto)
Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ukuboza 2017, yatangije Inama y’Igihugu y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 15; aho yatangiwemo ibiganiro biganisha kuri ‘Gahunda y’Igihugu yo kwihutisha…