Amanyanga mu nzego z’ibanze n’ intege nke mu ugukumira akarengane na ruswa mu miyoborere y’ igihugu.
Kalinijabo na Manirakiza bakwiye gushimirwa kuri iki kiganiro:
Abayobozi b’ ibanze bakomeje guhisha inzara y’ abaturage bashinzwe.
Ni kuki mu Rwanda ibibazo byose bigomba gutegereza ko perezida abikemura?
Imiyoborere nk’ iyi izagezahe igihugu? Gutanga service bizavamo abanya bubasha basaba ruswa ryari?
Hari abavuga ko impamvu abaturage bitabira kuregera perezida ari uko ari we muyobozi wenyine udashobora ku basaba ruswa bitewe n’ aho bahurira. Abandi bose ngo bihererana umuntu bakamusaba Hennessy na happiness.
Samuel Kamanzi
https://inyenyerinews.info/justice-and-reconciliation/amanyanga-mu-nzego-zibanze-n-intege-nke-mu-ugukumira-akarengane-na-ruswa-mu-miyoborere-y-igihugu/https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2022/08/Screenshot_20220826-154417_YouTube.jpg?fit=960%2C514&ssl=1https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2022/08/Screenshot_20220826-154417_YouTube.jpg?resize=140%2C140&ssl=1JUSTICE AND RECONCILIATIONLATEST NEWSOPINIONPOLITICSKalinijabo na Manirakiza bakwiye gushimirwa kuri iki kiganiro: Abayobozi b' ibanze bakomeje guhisha inzara y' abaturage bashinzwe. https://youtu.be/hr4-jPNo9Mk Ni kuki mu Rwanda ibibazo byose bigomba gutegereza ko perezida abikemura? Imiyoborere nk' iyi izagezahe igihugu? Gutanga service bizavamo abanya bubasha basaba ruswa ryari? Hari abavuga ko impamvu abaturage bitabira kuregera perezida ari uko...Assistant EditorAssistant Editorp.kagame@gmail.comEditorINYENYERI NEWS