Imibereho idashoboka: umunyamakuru n’ umusesenguzi Karegeya abivuze uko biri.
Abanyarwanda ntibigeze boroherwa n’ ibyemezo bya Leta ariko noneho bageze ahakomeye kuburyo bamaze kumva ko bagomba gutinyuka bakivugira ko bakomerewe n’ ibyo bategekwa bibahungabanya, bibicisha inzara, bibasenyera ingo bikanababuza epfo na ruguru. Ibiciro by’ ibiribwa n’ iby’ ingendo bishyirwaho n’ ubuyobozi bitagiraho ingaruka byananiye abaturage.
Kurikira ikiganiro yagiranye na Kalinijabo wa Primo Media hano:
Hakwiye impinduka mu miyoborere kugirango umunyarwanda ayoborwe kimuntu.
Samuel Kamanzi.
https://inyenyerinews.info/human-rights/imibereho-idashoboka-umunyamakuru-n-umusesenguzi-karegeya-abivuze-uko-biri/https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2022/08/20220823_113823.jpg?fit=960%2C510&ssl=1https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2022/08/20220823_113823.jpg?resize=140%2C140&ssl=1HUMAN RIGHTSKIGALILATEST NEWSPOLITICSRWANDAAbanyarwanda ntibigeze boroherwa n' ibyemezo bya Leta ariko noneho bageze ahakomeye kuburyo bamaze kumva ko bagomba gutinyuka bakivugira ko bakomerewe n' ibyo bategekwa bibahungabanya, bibicisha inzara, bibasenyera ingo bikanababuza epfo na ruguru. Ibiciro by' ibiribwa n' iby' ingendo bishyirwaho n' ubuyobozi bitagiraho ingaruka byananiye abaturage. Kurikira ikiganiro yagiranye...Assistant EditorAssistant Editorp.kagame@gmail.comEditorINYENYERI NEWS