Archives for POLITICS - Page 194
Aba Kada ba FPR bamaganye Imikorere ya Kagame
Perezida Kagame nuwuhe murage ugiye gusigira Abana b’Urwanda uyobora?Waba warabonye umurage President Mandela yasigiye southAfrican? Hari abantu bamwe bibaza ko RPF/RPA bose arabicanyi, ariko siko bimeze. Icyambere nuko RPF/RPA original…
Abayoboke ba RPF bose nabanyabyaha usibye Kagame gusa
Perezida Kagame mu nama ya Biro ya RPF-Inkotanyi (Ifoto/Perezidansi) Perezida Kagame yavuze ko FPR-Inkontanyi idakwiye kugira abayobozi b’abirasi, b’ikinyoma, bumva ko icyo bifuza ari cyo kigomba gushyirwa imbere. Umukuru…
I kigali bemeje Iyirukanwa rya Masozera
Amakuru dukesha ikinyamakuru avuga ko uwari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu cy’indege za gisivili Richard Masozera yaba yasezerewe kuri iyi mirimo. Gusa impamvu y’uko gusezererwa ikaba itaramenyekana. Uyu Major Richard Masozera…
IMIBIRI YABANTU YABONETSE MUKIYAGA CYA RWERU ILIMO ABALIMU BANE BO MUKARERE KA MUSANZE MUKABYAZA
Banyarewanda banyarwandakazi ya ngoma y Umwanzi ikomeje kutwica nkibyana byinyoni bakurira mumagi igihe bashakiye. Mukwezi kwashize ubwo uwali Executive wa Muhoza mu Ruhengeri yishwe abohewe amaboko inyuma ngo yalimo afatanya…
Col Tom Byabagamba na Frank Rusagara ngo ‘bangisha’ abaturage ubutegetsi buriho
Col Tom Bybagamba na Brig Gen Rusagara Urubanza ruregwamo Col Tom Byabagamba na Brig Gen Frank Rusagara wahoze ari umusirikare mukuru muri RDF rwasubitswe kuko umwe mu bo bareganwa adafite…
Abanyonzi barabyinira ku rukoma, bemerewe gusubira muri kaburimbo
Ubu abanyonzi baragenda muri kaburimbo nk’uko byahoze kera (Ifoto/Mbanda J) Abatwara abagenzi ku magare bari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwemererwa gusubira mu mihanda ya kaburimbo. Inama njyanama z’uturere…
Col. Byabagamba, Brig. Gen. Rusagara na Capt. Kabuye baritaba urukiko
Col. Tom Byabagamba hamwe n’abandi bagabo babiri bahoze mu ngabo z’u Rwanda ari bo Brig. Gen. Frank Rusagara na Capt. David Kabuye, baritaba urukiko kuri uyu wa Gatanu nk’uko The…
Burundi: Ntagushyingura imirambo yatoraguwe ituruka mu Kagera I Rwanda
Ubuyobozi bw’Intara ya Muyinga buravuga ko butaritegura kuba bwashyingura imirambo yatoraguwe mu minsi ishize mu kiyaga cya Rweru muri komini Giteranyi, ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda. Nk’uko byatangajwe n’Ibiro…
Rusizi : Kubwimana yibwe n’indaya ebyiri ahita yiyahura
Mu Kagari ka Tara, Umurenge wa Mururu ho mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’umusore witwa Kubwimana Oscar w’imyaka 33 wiyahuye nyuma yo kwibwa n’indaya ebyiri yari amaze gukorana na…
Maina Kiai wakoze mu ijisho u Rwanda yagarutse
Maina Kiai yagarutse mu Rwanda (Ifoto/Mbanda John) Minisitiri w’ubutabera w’u Rwanda yanze kugira icyo abwira itangazamakuru nyuma y’amasaha atatu aganira n’intumwa ya Loni kuburenganzira bwa muntu. Maina Kiai yagarutse mu…