Archives for POLITICS - Page 190
Tom Ndahiro Yitoraguriye Felin Gakwaya wa BBC Aramwandarika
Umunyamakuru Felin Gakwaya wa BBC-Gahuzamiryango yemeje Bwana Edouard Nduwimana, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu w’ u Burundi ko hari ibimenyetso bigaragaza ko imirambo yabonetse mu kiyaga cya Rweru ari iy’abanyarwanda. Ikipe ya…
Muzika mu Rwanda ntizatera imbere-Maguru
Umuhanzi Nahimana Ibrahim bita Maguru () Umuhanzi Ras Kayaga bita Maguru asanga muzika yo mu Rwanda itazigera itera imbere kubera ubujiji n’uburyo abahanzi bafatwa. Maguru avuga ko ababazwa n’uburyo abahanzi…
Ishyaka FDU-Inkingi ni inde? Ese FDU iri he?
Joseph Bukeye Tumenye gutandukanya Ishyaka FDU-Inkingi n'agatsiko k'abantu bake. Mu cyumweru gishize Ishyaka FDU-Inkingi ryakoze igikorwa gikomeye cyo kwitorera abayobozi kumugaragaro. Amatora yakozwe mu mucyo, demokarasi no mu bwumvikane hashyizwe…
Amakosa avugwa kuri Dr Ntawukuliryayo Jean Damascene
Dr Ntawukuliryayo Jean Damascene yahawe umwanya wo kwisobanura ku makosa abasenateri bagenzi be bari bamaze kugaragaza, abashimira kuba bemeye ubwegure bwe ubundi ahita yisohokera () Abasenateri batandukanye bakomeje kugaragara mu…
Abanyamakuru barinubira kubuzwa gufotora ku kibuga cy’indege cya Kigali
Gufotora ku kibuga cy'indege Kanombe bisigaye bigoranye (Ifoto/Ububiko) Abanyamakuru bakora itangazamakuru rikoresha amafoto baravuga ko babangamirwa n’abashinzwe umutekano iyo bagiye gufata amafoto ku kibuga cy’indege cya Kigali giherereye i…
OMS iratangaza ko ihangayikishijwe n’ubucuruzi bwadutse bw’amaraso y’abakize Ebola
Mu gihe kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Nzeri 2014 inama y’Umuryango w’Abibumbye iteranye higwa uburyo haboneka ingamba zifatika zo gukumira no kurandura icyorezo cya Ebola, amakuru atangazwa na…
“Kubaho nta ntambara ntibisobanura ko abantu babayeho mu mahoro” –Dr Habyarimana J. B
Ibi ni ibyagaragajwe na Dr Habyarimana Jean Baptiste, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki ya 18 Nzeri 2014 aho yagaragaje ko…
Sosiyete Sivile nyarwanda irasobanura ko itari baringa
Edouard Munyamariza, umuyobozi wa Sosiyete Sivile nyarwanda (Ifoto/Kisambira T) Sosiyete Sivile y’u Rwanda iravuga ko abavuga ko iriho nka baringa baba birengagiza ubuvugizi bugaragara ikorera abaturage, kandi bugatanga umusaruro…
Abaturage 6 bamaze umwaka basaba Akarere kubishyuriza miliyoni 13
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe Mugisha Philbert, aravuga ko bagiye gufatanya n’ubugenzacyaha mu gukurikirana ba rwiyemezamirimo bambuye abaturage (Ifoto/Interineti) Abaturage 6 bo mu Karere ka Nyamagabe baravuga ko bamaze umwaka…
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi abarwanyi ba Al Shabab bashakaga gusenya Kampala n’ indi mijyi
Igipolisi cya Uganda kiratanbgaza ko abantu cyafashe bakekwaho kuba abo mu mutwe wa Al Shabab bagombaga gutera ibisasu mu mujyi wa Kampala no mu yindi mijyi ikomeye ariko ku bufatanbye…