Archives for POLITICS - Page 180
Ndera: Imirambo ibiri yatowe mu ijoro rimwe
Imirambo y’abantu babiri batahise bamenyekana yatoraguwe mu tugari tubiri twegeranye two mu Murenge wa Ndera, Akarere ka Gasabo mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira kuwa gatandatu 6 Ukuboza 2014. Nk’uko…
Umugore wa Perezida Mugabe yahawe umwanya ukomeye mu buyobozi bw’ishyaka ZANU-PF
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Ukuboza Umukuru wa Zimbabwe Robert Mugabe yaraye yongeye kugirwa umukuru w’ishyaka riri ku butegetsi ZANU-PF, naho umugore we Grace Mugabe agirwa ushinzwe ishami…
Mumundekere Mwiherekereze, Uwo muri guha induru ngo yiyahuye
Mumundekere Mwiherekereze, Uwo muri guha induru ngo yiyahuye By Admin | Inkuru Nyamukuru, Umutekano | 06 December 2014 | Add Comment Muri twe twese niba kwiyahura ari icyaha bizwi, nkuko ndi kubisoma i…
Umudepite yasabye Leta kwirengera abanyeshuri 143 bambuwe buruse
Depite Kankera M. Josée (Ifoto/Ububiko) Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, aravuga ko igomba kurihira abanyeshuri bambuwe buruse, kuko bagiye gushyirwa kuri uru rutonde kubera ko batari bafite ubushobozi.…
Abanyeshuri 143 mu gihirahiro kubera amakosa ya REB mu gutanga inguzanyo
Ni inde ukwiye kuryozwa amakosa y’Ikigo cy’Igihugu cy’Uburezi (REB) nyuma yo kwambura abanyeshuri 143 inguzanyo ya buruse? Iki kigo cyemera ko cyakoze amakosa yo gushyira aba banyeshuri ku rutonde rw’abazahabwa…
Soudan: Bashir yasabye abasirikari barimo n’Abanyarwanda kumuvira mu gihugu
Perezida wa Sudan Omar El Bashir (Ifoto/Interineti) Perezida wa Soudan, yavuze ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu Ntara ya Darfur (UNAMID), zimaze kuba ikibazo cy’umutekano, bityo zigomba kuhava vuba. Perezida…
Burundi: Impinduka mu Biro bya Perezida Nkurunziza
Perezida w’u Burundi, Petero Nkurunziza, yasinye iteka (decrets) rijyanye no guhindagura imikorere yo mu biro bye. Mu batakaje imirimo yabo, harimo uwari ikirangirire ku buyobozi bw’Ibiro bya Perezida, Generali Alain…
Abarimu babeshya ko bapfushije ngo bahabwe amafaranga
Bamwe mu barimu babeshya ko bapfushije abagize imiryango yabo kugira ngo bahabwe amafanga y’ubufasha bwo gukura ikiriyo ari hagati y’ibihumbi 200 na 300 by’u Rwanda atangwa na Koperative Umwalimu SACCO…
Urukiko rwo mu Bufaransa rwanze kohereza Col Serubuga mu Rwanda rutegeka ko ahita arekurwa
Urukiko rwo mu Bufaransa rwategetse ko Col Laurent Serubuga wahoze mu ngabo z’u Rwanda (FAR) ahita arekurwa nyuma yo kwanga kumwohereza mu Rwanda ngo aburanishwe ku ruhare rwe muri jenoside…
Museveni na Mbabazi ntibakibereye ubuperezida-NRM MP
Ukuriye inteko nshingamategeko ya Uganda Hon Stephen Birahwa Mukitale yavuze ko perezida Yoweli Museveni agenda asatira umusozo mu gihe cyo kuba abarwa nk’umukuru w’igihugu, ikindi kandi ngo n’uwahoze ari minisitiri…