Archives for POLITICS - Page 177
Musanze : Habaruwe abagera kuri 971 barwaye amavunja
Ibi ni ibyagaragajwe mu Nteko rusange y’Umuryango FPR Inkotanyi mu Karere ka Musanze yabaye kuri iki cyumweru, aho abari bitabiriye iyi Nteko batashye bose biyemeje guca burundu iki kibazo cy’amavunja…
Kurega BBC ku cyaha cyo gupfobya Jenoside biragoye – Mucyo
Jean de Dieu Mucyo uyobora CNLG (Ifoto/ububiko) Umuyobozi wa (CNLG) avuga ko kurega BBC ku cyaha cyo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bigoye bitewe n’amategeko ahana abakoze iki cyaha. Mucyo Jean…
Abantu 10 batawe muri yombi bakekwaho kwiba inka 40
Ubujura bw'inka bwugarije Intara y'Iburasirazuba (Ifoto/Interineti) Polisi y’Igihugu mu Ntara y’Iburasirazuba iravuga ko ifunze abantu 40 bakekwaho ubujura bw’inka 40. Ubujura bw’inka bumaze iminsi buvugwa mu turere twa Gatsibo, Kayonza…
Uganda yakiriye abasirikare bayo 3 bishwe na Al Shabaab kuri Noheli
Imirambo itatu y’abasirikare ba Uganda baguye mu gitero bagabweho na Al Shabab ku munsi wa Noheli yagejejwe muri Uganda tariki ya 27 Ukuboza 2014. Chimpreport dukesha iyi nkuru ivuga ko…
Umutekano wa Kabila Uhangayikishije Abamurinda
Joseph Kabila: Abarinda Kabila bimuye abaturage kugirango babungebunge umutekano we Radio Okapi dukesha iyi nkuru, iratangaza ko nibura imiryango icumi (10) ituye mu gace ka Booto imaze kwamburwa inzu yabagamo…
Muhanga: Visi Meya arashinjwa kwigwizaho ibirombe
Visi Meya, Uhagaze François ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Yvonne Mutakwasuku (Ifoto/Gasarasi G.) Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Uhagaze François, akomeje gushinjwa n’abaturage kwigwizaho ibirombe,…
Abanyamakuru 60 barishwe mu mwaka wa 2014
Komite ishinzwe kurengera abanyamakuru(CPJ) yatangaje ko muri uyu mwaka wa 2014 hishwe abanyamakuru bagera kuri 60 baguye mu kazi. Iyi raporo yakozwe na Committee to Protect Journalists (CPJ) iravuga ko…
Abantu 103 barimo abarundi 39 baraye batawe muri yombi mu mukwabu
Amakuru aturuka mu Karere ka Bugesera, aravuga abantu 103 bakekwaho kuba inzererezi barimo abarundi 39 baraye batawe muri yombi mu mukwabo wakozwe n’inzego zishinzwe umutekano zifatanyije n’izi’ibanze mu Mujyi wa…
Inteko y’Ururimi n’Umuco iravuguruza Minisitiri Habineza
Uturutse ibumoso: Intebe y’Inteko y’Ururimi n’Umuco Niyomugabo na Minisitiri w’Umuco na Sporo Habineza (Amafoto/Ububiko) Inteko y’Ururimi n’Umuco irashimangira ko amabwiriza mashya y’imyandikire y’ikinyarwanda agomba gukoreshwa uko ari nubwo hari abanyarwanda…
Ngo “U RWANDA RURATASHYA KIGELI, AMABOKO YAHEZE MU KIRERE!”
Umwandiko witwa gutyo watangajwe Kinyarwanda na Bwana Rubereti Rudatsimburwa mu kinyamakuru Igihe kyo ku itariki ya 14 Ukuboza 2014. Yari yaraye awutangaje mu Kyongereza mu kinyamakuru The New Times kyo ku ya 13 Ukuboza…