Archives for POLITICS - Page 169
Gitega: Ikibazo cy’abazimu n’amagini cyahagurukije ubuyobozi
Abayobozi b’inzego zitandukanye zirimo n’Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali ntibemeranya na bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gitega bavuga ko batewe n’amagini cyangwa amadayimoni. Ibi abayobozi bakaba…
Akanama ka Martin Ngoga kasabye Leta gusesa amasezerano ifitanye na BBC
Martin Ngoga hagati, Eng. Coletha U. Ruhamya na Beata Mukangabo baturutse muri RURA (Ifoto/Niyigena F) Akanama kashinzwe gukurikirana imikorere ya BBC ikemangwa, kamuritse raporo kari kamaze amezi ane gategura, aho…
Nyarugenge : Ibikoresho by’umuturage byagurutse ntawe ubikozeho byiyimurira ku muturanyi
Amasafuriya yuzuye ibiryo, indobo zuzuye ifu n’ibindi bikoresho byo mu nzu bya Niyoyita Hussein utuye mu mudugudu w’Umucyo, akagari Kinyange mu murenge wa Gitega, byagurutse ntawe ubikozeho byiyimurira mu rugo…
France: Imyigaragambyo yakozwe n’abanyarwanda
I Paris ku murwa mukuru w'u Bufaransa, ku nyubako ya UNESCO, ikigo cya ONU gishinzwe ubumenyi n'amahoro, huzuye abapolisi bari gucungera umutekano kubera abantu bari kwigaragambya bamagana cyangwa bashyigikiye umukuru…
Kizito Mihigo yakatiwe igifungo cy’imyaka 10
Umuhanzi Kizito Mihigo yahanishijwe igifungo cy’imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’ibyaha bine muri 5 yashinjwaga, Umunyamakuru Ntamuhanga Cassien ahanishwa igifungo cy’imyaka 25, Dukuzumuremyi Jean Paul ahanishwa igifungo cy’imyaka 30, n’aho…
Kizito Mihigo akatiwe gufungwa imyaka 10
Umuhanzi Kizito Mihigo (Ifoto/Ububiko) Urukiko Rukuru rumaze gukatira umuhanzi Kizito Mihigo igifungo cy'imyaka 10. Yahamijwe icyaha cyo kurema umutwe w'abagizi ba nabi, ubugambanyi, no gucura umugambi w'ubwicanyi. Kizito Mihigo…
CHUK abarwayi bafungirwa mu bitaro
Bamwe mu barwayi barara ku mabaraza ya CHUK baje kuri transfert ntibahita bakirwa (Ifoto/Rubibi O) Ubuyobozi bw’Ibitaro Bikuru bya Kaminuza bya Kigali (CHUK), buratangaza ko nta barwayi bafungirwa mu bitaro…
Kantengwa Angelique wayoboraga RSSB amerewe nabi mu bitaro
Kantengwa Angelique wahoze ari umuyobozi w’ ikigo cy’ igihugu cy’ ubwiteganyirize bw’ abakozi n’ ubwishingizi bw’ indwara, RSSB ntiyagaragaye mu rukiko kuri uyu wa kane, umwunganizi we akaba yabwiye urukiko…
Rubavu: Abakoze ikizamini cy’akazi ku Karere ntibishimiye imikosorere
Bamwe mu bakoze ikizamini ubwo barebaga amanota yabo ahamanikwa amatangazo ku biro by’Akarere ka Rubavu (Ifoto/Nganizi O.) Bamwe mu bakandida bakoze ikizamini cy’akazi mu kwinjiza ubudehe buvuguruye muri mudasobwa, ntibishimira…
Umupolisi yatawe muri yombi kubera idosiye ya Col Patrick Karegeya
Polisi yo muri Afurika y’epfo yataye muri yombi umwe mu ba polisi bayo ashinjwa ruswa no kugerageza guhisha ibimenyetso mu madosiye akomeye harimo n’iy’umunyarwanda Patrick Karegeya. Amwe muri ayo…