Archives for POLITICS - Page 156
Igipolisi cy’u Burundi kimaze kugira imbaraga zo kuburizamo imyigaragambyo.
Kuri uyu wa gatatu igipolisi cy’u Burundi cyaburijemo ibikorwa byose byo kugerageza kwigaragambya mu bice byari bisanzwe birangwamo uku kwigaragambya. Aba bapolisi boherejwe ku bwinshi muri ibi bice byo mu…
U Rwanda ntabwo rugira Intiti: Dr. Bizimana Jean Damascene.
Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 21 Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside yavugiye i Kabgayi mu karere ka Muhanga ko abantu…
Umutekano urareba imbonerakure -Gen Nyamvumba.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Patrick Nyamvumba, yagaragaje ko muri iki gihe u Rwanda rugezemo nta ukwiye kurebera umutekano ku ngabo zifite imbunda nka kera; ahubwo umutekano wareberwa mu…
U Rwanda Rukeneye Musenyeri Evariste Ngoyagoye.
Mugihe I Burundi harimo kuvugwa umugambi wokwivugana Musenyeri wa Bujumbura Evariste Ngoyagoye kubera kwamagana abayobozi badakurikiza amategeko, m’Urwanda Abasenyeri bararuriye bararumira mugihe abantu bamwe batangiye nokuvugako ngo Kagame ari impanga…
Gatsata: Amaduka atatu y’amapine yahiye arakongoka
Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 31 Gicurasi 2015 inkongi y’umuriro yibasiye amaduka atatu y’amapine, arashya arakongoka, Polisi yatabaye izimya abaturanyi batarangirizwa n’umuriro. Inkongi y’umuriro yatangiye ahagana saa…
Rwanda:Imbwa zirwaye ibisazi zirya abantu zariyongereye
Ikibazo cy’imbwa akenshi ziba zifite ibisazi zirya abantu hirya no hino mu gihugu gikomeje gufata indi ntera, Polisi y’u Rwanda ikaba isaba buri wese kugira uruhare mu guhashya icyo kibazo,…
Hari abarya muri Restaurant bakerekana ‘Mutuelle’
Source: umuseke
RURA yahagaritse bidasubirwaho ibiganiro bya BBC Gahuzamiryango mu Rwanda
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA , cyatangaje ko gihagaritse ku buryo budasubirwaho radio BBC mu ishami ryayo ry’Ikinyarwanda n’Ikirundi. Mu kiganiro RURA imaze kugirana n’itangazamakuru ku…
Burundi: Visi Perezidanti wa Komisiyo y’amatora Spes-Caritas Ndironkeye yahungiye I Kigali
Mu gihe abigaragambya bakomeje kurya karungu, ibintu bikomeje kuba bibi mu Burundi. Umuryango w’abibummbye(UN) wasabye ko ibiganiro bya politiki bihuza abatavuga rumwe na Nkurunziza n’ubutegegetsi bwe byahagarara. Visi perezidanti wa…
Icyibazwa ku bayobozi b’ibihugu bya Afurika bagiye gusoza manda zabo
Igihugu cy’u Burundi ni rwo rugero rwa vuba dufatiyeho ngo tubagezezo bimwe mu bihugu bifite abaperezida bagiye kurangiza manda zabo hakaba hibazwa niba hazabaho guhindura Amategeko Nshinga y’ibihugu byabo kugirango…