Archives for POLITICS - Page 144
Impamvu Kaminuza y’u Rwanda itagaragara ku rutonde rwi 100 zambere muri Afurika
Inkuru dukesha ikinyamakuri igihe, gikorera leta ya Kigali iratangaza ko universite y'urwanda yabaye iya nyuma muri Afurika. Kurutonde rwa ama universite 100 yambere U rwanda ntirugaragaraho nkuko muri bubyibonere hasi…
Kagame yanenze bikomeye Abanyaburayi
Perezida Kagame, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia iburyo bwe ,Hailemariam Dessalegn na Visi Perezida wa Ghana Kwesi Amissah-Arthur ibumoso hahera n’uwari ushinzwe kuyobora ikiganiro (Ifoto/Perezidansi) Perezida Paul Kagame yikomye…
Abaturage bategereza amazi amasaha arenze icyenda
Nyuma y’uko ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe guteza imbere ingufu z’amashinyarazi, amazi isuku n’isukura WASAC bwizeza abaturage ko umwaka uzajya kurangira amazi mu mjyi wa Kigali amaze kwiyongera ku buryo bugaragara, mu…
Urwanda Ruzubaha icyemezo cy’Ubushinjacyaha bw’UBufaransa murubanza rwa Padiri Munyeshyaka muri Jenoside?
Mugihe gito Karake arekuwe n’ubushinjacyaha bw’Ubwongereza kubera amategeko y’Ubwongereza adahana ibyaha byo mu ntambara byakorewe ahandi kandi n’umuntu utari umunyagihugu. Gen. Karenzi Karake arashinjwa n’inzego z’ubutabera bwa Espanye uruhare…
Rubavu: Imiryango 9 muri 24 y’abirukanywe Tanzania yahunze inzara
Abanyarwanda birukanywe muri Tanzaniya bagatuzwa mu karere ka Rubavu baratangaza ko ibibazo by’imibereho bimaze gutuma imiryango icyenda muri 24 yatujwe i Rubavu ubu yataye amazu yubakiwe igatorongera ahataramenyekana kubera guhunga…
Leta ifite uruhare muri Ruswa m’urwanda – TI Rwanda.
Umuyobozi wa Transparency International Rwanda Ingabire Marie Immaculee arashinja ubuyobizi bwa RPF kugambana no kunanirwa kugaruza umutungo wa Rubanda. Mugihe ashinja ubuyobozi mukugambana cyangwa kwicira ijisho abayobozi bakuru ba RPF,…
Abatunzwe na Pansiyo bashavujwe no kubaho nabi kandi barakoreye Leta
*95% ntibabona ibyangombwa nkenerwa *22% babeshwaho n’atarenze 10 000Rwf ku kwezi *Umushyikirano wa 2013 wari wemeje kwiga kuri iki kibazo ariko n’ubu… *Bababazwa n’umugani ab’ubu baca ngo “Urukwavu rukuze bararurya”…
Musanze:Kubona mutuelle de santé bisaba kurara ku kigo nderabuzima
Abafatira ubwisungane ku kigo nderabuzima cya Muhoza mu karere ka Musanze batangaza ko kugira ngo umuntu abone ubwisungane mu kwivuza bisaba kurara ku kigo nderabuzima. Kubera iyi mpamvu barasaba ubuyoboziko…
South Africa : Impanuka y’indege yaguyemo batanu
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru taliki ya 16 Kamena 2015, impanuka y’indege yari itwaye umurwayi yahitanye abantu batanu muri Afurika y’Epfo. Iyi ndege nto yo mu gihugu cya Mozambique…
“Ihererekanyabutegetsi mu mahoro ni inkingi ya Demokarasi” Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda
Leta y’Ubwongereza ivuga ko idashyigikiye na gato ihindurwa ry’Itegeko Nshinga kugirango umuyobozi uyu n’uyu agume ku butegetsi ahubwo igistimbaraye ku ihererekanyabutegetsi rikozwe mu mahoro icyakora ikavuga ko ibiri kuba mu…