Archives for POLITICS - Page 138
MURI 1930 ABAGORORWA BARACYAFATA KIZITO MIHIGO NK’UMWARIMU WABO
Nyuma yo guhimba indirimbo ye "Igisobanuro cy'urupfu" agafungwa ndetse agakatirwa imyaka icumi mu gihome ashinjwa ngo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Paul Kagame, umuhanzi Kizito Mihigo ageze muri gereza ngo…
Umukobwa na nyina batunzwe n’uburaya ndetse bavuga ko badateze kubureka
We n’umukobwa we bakorana akazi ko kwigurisha nk’umwuga ubatunze (Ifoto/Irakoze R.) Mu buraya yanduriyemo Virusi itera SIDA Avuga ko uburaya yabutewe no kubura umugabo Avuga ko atazabireka keretse igihe azaba…
Izina niryo muntu Paul Gitwaza Kagame
Paul Gitwaza ati nikoreye ibibazo by'urwanda Paul Kagame nawe ati nikoreye ibibazo by'urwanda. Gitwaza imana ayivanze na politiki, inkuru dukesha imirasire. Akoresheje imbuga nkoranyambaga, yavuze ko yikoreye u Rwanda(yikoreye ibendera…
Umunyeshuri w’Umunyarwanda afungiwe mu Burundi azira imyenda ya gisirikare
Uwatawe muri yombi ni umwe mu banyeshuri bari bitabiriye Itorero Indangamirwa VIII muri uyu mwaka (Ifoto/Ububiko) Icyumweru kirashize umunyeshuri w’Umunyarwanda afungiye i Bujumbura mu Burundi nyuma y’uko amafoto ye yambaye…
Muhanga: REG ngo yemereye abaturage amashanyarazi idafite
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi (REG) ishami rya Muhanga gitangaza ko kigiye guha amashanyarazi abaturage barenga ibihumbi bitatu bo mu karere ka Kamonyi na Muhanga. Abaturage bakavuga ko n’abawuhawe…
Brig. Gen. Frank Rusagara nfunzwe m’uburyo butemewe
Brg. Gen. Frank Rusagara ati:“Bankuye ku Murindi banzana i Kanombe”;“Mu cyumweru kimwe nsurwa amasaha 6; mfungiwe mu kato”; “Mfunzwe mu buryo butemewe n’amategeko,…bibangamiye ubuzima bwanjye, ndarwaye.” Baburana ubujurire ku iburabubasha…
Perezida Jacob Zuma yikomye Perezida Kagame mu gushaka guhindura itegeko nshinga
Perezida wa Afurika y’epfo Jacob Zuma yikomye Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe avuga ko atazakora nkabo mu gushaka kuguma ku butegetsi. Blogg ya Perezida…
Umwuka mubi w’intambara uratutumba hagati y’u Rwanda n’u Burundi
Nyuma y’aho Leta y’u Burundi yirukaniye Umujyanama wa mbere muri Ambasade y’u Rwanda Desire Nyaruhirira, ubu umwuka w’intambara iratutumba hagati y’ibi bihugu byombi n’ubwo nta gihugu kirafata icyemezo cyo gutera…
Leta Y’uRwanda irabeshya kunyandiko za Espagne
Leta y’urwanda muri poropagande yabo barimo kwandika mu binyamakuru byabo birimo na New Times bavugako ngo ibirego byo gufata abasirikare bakuru bashinjwa kwica, iterabwoba n’ibindi byaha byibasiye inyoko muntu. Igitangaza nuko bavugako…
Ruhango: Abanyeshuri 17 bari mu bitaro kubera inkoni z’umuyobozi wabo
Mu karere ka Ruhango mu ishuli ryisumbuye rya ‘Lycee Ikirezi, umuyobozi ushinzwe ikinyabupfura ‘Perfet de discipline’ yagiye mu buryamo bw’abakobwa arabakubita bituma abagera kuri 17 bajyanwa mu bitaro kubera ibikomere…