Archives for POLITICS - Page 136
Umugandekazi yashushanyije Papa Francis ku birere by’insina
Umunyabugeni wo muri Uganda ufite ubuhanga budasanzwe mu gushushanya, Sheila Baba, yashushanyije umushumba wa Kiliziya Gatulika, Papa Francis witegura gusura umugabe w’Afurika harimo n’igihugu cya Uganda mu mpera z’uyu mwaka…
Ijambo Perezida Nkurunziza yatangaje ritumye Amerika ihagurukira gutabara u Burundi
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko ziteguye gushyigikira Akarere n’Imiryango Mpuzamahanga ngo batabare u Burundi, kuko bahangayikishijwe bikomeye n’ijambo Perezida Nkurunziza yatangaje kuwa 2 Ugushyingo. Muri iri jambo, Perezida Nkurunziza…
Burundi: Abantu bane biciwe urupfu rubi mu duce twa Mutakura na Kinyankonge
Nk’uko bitangazwa n’igipolisi cy’u Burundi, abantu bane baraye bishwe mu ijoro ryo kuwa gatatu ushize mu gace ka Mutakura n’aka Kinyankonge, ahumvikanye urusaku rw’amasasu na za grenade byatangiye ijoro rikigwa.…
Nkurunziza yongeye gushinja u Rwanda guha imyitozo ya gisirikare impunzi z’ Abarundi
Nyuma y’ amezi menshi ashize ya Leta ya Perezida Pierre Nkurunziza ishinja y’ u Rwanda gucumbikira abayirwanya nanone yongeye kwemeza ko urubyiruko rwahungiye mu nkambi ya Mahama rukomeje gutozwa gisirikare…
Uganda: Perezida Museveni yeruye avuga icyo yapfuye na Amama Mbabazi benda guhangana mu matora yo mu 2016
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, bwa mbere nyuma y’imyaka hafi 2 yeruye avuga icyamuteye kwirukana uwari minisitiri w’Intebe we ndetse wari umuntu we hafi, Amama Mbabazi, avuga ko yari atangiye…
Opinion: Bimwe mu bintu bigaragaza ipfundo ry’ikibazo kiri hagati y’u Burundi n’u Rwanda
hafi amezi 8 umubano w’u Rwanda n’u Burundi utifashe neza na gato, aho umubano watangiye kumera nabi nyakwigendera Gen Adolphe Nshimirimana akiri muzima. Nyuma y’urupfu rwe, umubano hagati y’ibihugu…
Abasirikare bahunze barashinja Gen. Prime Niyongabo gusenya no kuryanisha abasirikare b’u Burundi
Ibi byagaragaye mu ibaruwa ifunguye irimo gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, umwe mu basirikare bakuru b’u Burundi bahunze igihugu yandikiye bagenzi be basigaye abashishikariza kuba maso bakareba kure ko mu gisirikare…
Ntibisanzwe: Sezibera nawe Yasuunitswe
Ikinyamakuru The Insider cyo mu gihugu cya Uganda kiravuga ko kiri kugenzura amakuru y’uko Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, ari we Dr Richard Sezibera kuri uyu wa gatatu…
Abadepite bemeje ko nyuma ya 2017, Perezida Kagame yemerewe kuyobora indi myaka 17
Umushinga w’ Itegeko Nshinga rivuguruye wamaze gutorwa n’ abadepite, uteganya ko mukuru w’ igihugu wese uzatorwa mu 2017, azahabwa imyaka irindwi, ndetse akazaba anemerewe kongera kuyobora izinda manda ebyiri z’imyaka…
Habayeho impinduka mu buyobozi bukuru bw’igisirikare cy’u Rwanda
Ejo ku itariki ya 28 Ukwakira 2015 habayeho impinduka mu buyobozi bukuru bw’igisirikare cy’u Rwanda RDF nk’uko bigaragara ku rubuga rwayo. Brig Gen Charles Karamba ni we mugaba mushya w’ingabo…