Archives for POLITICS - Page 129
Ibintu 3 ngo byakorwa Nkurunziza agahirikwa ku butegetsi harimo no kumwica
Ibi bintu 3 byatangajwe mu cyegeranyo cy’umunyamakuru w’i Burundi Domitille Kiramvu ukundwa n’abaturage benshi, akaba yatangaje ko guhirika Nkurunziza ku butegetsi atari ibintu byoroshye ko afite uburinzi buhagije bw’abo yise…
Rwamagana :Inzara yatumye bagurisha amabati y’amazu batuyemo
Kuva mu 2013 Abaturage bo mu murenge wa Mwurire mu karere ka Rwamagana baravuga ko babwiwe ko aho batuye bagiye kuhimurwa bagahabwa ingurane, kugeza ubu , nta faranga na limwe…
Abarundi biraye mu mihanda, Afurika Yunze Ubumwe ibamara impungenge
Abarundi b’ingeri zitandukanye bateraniye ku kiyaga Tanganyika i Bujumbura mu myigaragamnyo yo kwamagana icyemezo cy’akanama k’amahoro n’umutekano k’ umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe cyo kohereza ingabo zabungabunga amahoro mu Burundi.…
Willy Nyamitwe: Uwo mutwe urwanya Leta nta hazaza ufite, tuzawumenera mu igi
Perezida w'u Burundi Nkurunziza Pierre Umuvugizi wa Perezida w’u Burundi, Willy Nyamitwe, aravuga ko umutwe uherutse kuvuka uvuga ko urwanya ubutegetsi witwa FOREBU (Forces républicaines du Burundi) nta hazaza ufite.…
Museveni yavuze ko atazava ku butegetsi mbere ya 2056
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni Perezida Yoweri Muveni wa Uganda, yabwiye abatavuga rumwe na we ko atazava ku butegetsi mbere y’umwaka wa 2056 kuko ari bwo bashobora kuzaba bagize…
Tom Close yamuritse ibitabo by’abana amaze imyaka 10 yandika
Tom Close ari kumwe na bamwe mu bana bamuguriye ibitabo (Ifoto/Irakoze R.) Umuhanzi Tom Close yamuritse ku mugaragaro ibitabo 20 by’abana yanditse guhera mu 2004. Yabimurikiye abafana be, biganjemo ababyeyi…
Imikino Ya Kagame Irakomeje mu Rwagasabo
Amanota y'ibyavuye mu matora mu Turere dutandukanye Imibare y’agateganyo y’ibyavuye muri referandumu yatangiye kumenyekana. Dore uko imibare y’agateganyo y’abatoye YEGO yifashe, nk’uko tubikesha Radio Rwanda. Kayonza: Ngoma: 98% Karongi: Kicukiro:…
U Rwanda agiye kuyobora ingabo z’Umuryango w’Abibumbye
Maj. Gen Frank Mushyo Kamanzi yagizwe umuyobozi w’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye n’iz’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Darfur muri Sudani (UNAMID). Maj. Gen Frank Mushyo KamanziIki…
Ibibera mu Burundi biteye ubwoba
Umutekano muke mu Burundi uhangayikishije aka Karere (Ifoto/Internet) Itsinda ry’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, riravuga ko mu Burundi hari ubwicanyi, gutoteza n’ibindi biteye ubwoba. Itsinda ry’uyu muryango rivuga ko ibibera…
Abaguye mu bitero byo ku wa gatanu barakabakaba 100
Igisirikare cy’u Burundi ku wa Gatandatu cyatangaje ko ibitero by’abitwaje intwaro ku birindiro bya gisirikare mu mujyi wa Bujumbura ku wa Gatanu byaguyemo abasaga 90 Umujyi wa Bujumbura waranzwemo urusaku…