Archives for POLITICS - Page 126
Burundi: Umutwe urwanya Leta (FOREBU) wemeje Gen Niyombare nk’umuyobozi wawo
General Major Godefroid Niyombare wigeze kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza muri Gicurasi 2015 kuri uyu wa kane taliki 21/Mutarama yashyizweho na FOREBU (Force Republicaines Burundais), umutwe uharanira kurengera amasezerano…
Kigali: Ababana ari 30 mu nzu imwe basigaye banararana n’ihene
Iyi nzu ibamo umuryango w’abantu 30, abenshi twasanze bagiye guca inshuro (Ifoto/Mpirwa E.) Kubera gutinya kwibwa ihene imwe batunze, umuryango w’Abasigajwe inyuma n’amateka 30 babana mu nzu imwe mu Mujyi…
Mu Rwanda Hari Abararana n’ingurbe
Ubu ni ubwiherero buri mu karere ka Gisagara mu Murenge wa Gikonko mu Kagari ka Cyiri mu Mudugudu wa Kimpuga mu miryango y’abatishoboye bubakiwe n’imiganda (Ifoto/Nshimiyimana E) Abadepite bo muri…
Umugabo w’imyaka 131 abana n’umugore we arusha imyaka 69
Joao Coelho de Souza (ibumoso) na Kennedy Afonso (iburyo) wohereje ifoto (Ifoto/Interineti) Muri Brazil habonetse umusaza w’imyaka 131 y’amavuko urusha umugore we imyaka 69. Abakozi b’ikigo cy’ubwishingizi muri Brazil ahitwa…
Ambasader Power Kuyobora intumwa z’Akanama k’Umutekano ka Loni Burundi
Abagize akanama k’Amahoro n’Umutekano mu Muryango w’Abibumbye, bazasura u Burundi mu cyumweru gitaha. Biteganyijwe ko izo ntumwa zizaba ziyobowe na ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’Abibumbye,…
Rwanda, Kenya, Uganda na Sudan y’Epfo biri kunoza amasezerano yo kwivuna umwanzi
*Harakorwa ibisabwa ngo Sudan y’Epfo cyangwa ibindi bihugu bibyufuza byinjire mu masezerano, *Ibihugu byo mu muhora wa ruguru byiyemeje guhuriza hamwe inzego z’Ububanyi n’Amahanga, Umutekano n’Ingabo. Kuri uyu wa gatanu…
Arasaba gufashwa kwivuza uburwayi ‘bwananiranye’
*Amaze imyaka 10 yivuza *Kwa muganga ngo ntibaramubwira icyo arwaye *Umuryango we ubushobozi bwarabashiranye bwo kumuvuza *Ubu ntiyivuza kubera kubura ubushobozi, uburibwe ni bwose buri munsi Dusabe Gloriose umukobwa utuye…
Col Byabagamba ati “ndi ‘officer’ utasebya Leta y’u Rwanda kuko nta yindi nabayemo”
*Col Byabagamba ahakana ibyo aregwa byose, akavuga ko abatangabuhamya ari ababeshyi. *Yashinje ubushinjacyaha kurema ibimenyetso bishya uko bukeye n’uko bwije, no kudaha amagambo agaciro. *Byabagamba yiyemeje kuzabwira urukiko ukuri kw’ibyo…
Rwanda: batandatu ku 10 batanze ruswa mu kubona inguzanyo ya Bank
Mu gihe Leta ikangurira Abanyarwanda b’ingeri zose gutinyuka bagakorana n’ibigo by’imari n’amabanki, ndetse abafite imishinga myiza ariko badafite igishoro bagasaba inguzanyo kugira ngo bayishyire mu bikorwa, ubwoba bwa ruswa igaragara…
MissRwanda 2016: Uko mu Burengerazuba byari byifashe
Mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba niho iki gikorwa cyo kujonjora abakobwa bagomba gutoranywamo nyampinga w’u Rwanda 2016 kigeze. Iyi n’imwe mu Ntara itaragira nyampinga w’u Rwanda uyiturukamo muri…