Archives for AFRICA - Page 150
Muhanga: Abakozi b’akarere ngo basiganwa bajya kuraguza
Mu gihe hari amakuru yari amaze iminsi avugirwa mu matamatama, bamwe batoboye bavuga ko abayobozi b’akarere ka Muhanga bafata igihe bakajya guteza inzuzi mu bapfumu, ibintu bitafashwe kimwe na bose…
AU SUMMIT: U Rwanda nta burenganzira rufite bwo gufata Bashir
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo yashimangiye ko u Rwanda rwahawe amahirwe yo kwakira inama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe bityo ko n’uwemejwe n’uyu muryango kwitabira iyi nama ngo…
African leaders meet in Kigali
The summit, which closes tomorrow, kicked off last Sunday with the 32nd ordinary session of the ambassadors to the AU discussing the agenda for the heads of state summit In…
FDLR yivuganye umusirikare wa FARDC inyaga intwaro
Abantu babiri basize ubuzima abandi babiri barakomereka mu gitero inyeshyamba z’umutwe wa FDLR zagabye ku ngabo za FARDC ziherereye i Tongo – Rusheshe muri Teritwari ya Rutchuru iherereye muri Kivu…
Malala shocked as crying Burundian girls recall rape while fleeing war
MAHAMA (Rwanda): More than a dozen schoolgirls broke down in tears as one told Malala Yousafzai about the rapes they experienced and witnessed while fleeing to Rwanda in 2015 to…
FPR YACIYE CAGUWA
ITANGAZO RIGENEWE ITANGAZAMAKURU N° 008 GUCA CAGUWA MU RWANDA UNDI MUGAMBI MUBISHA WA FPR INKOTANYI WO GUSONGA ABANYARWANDA MU BUKENE BARIMO. Rishingiye ku cyemezo cya Leta ya Kigali cyo guca…
KWAMAGANA POLITIKE MBI Y’UBUHINZI ITERA INZARA MU RWANDA .
ITANGAZO RIGENEWE ITANGAZAMAKURU N° 009 KWAMAGANA POLITIKE MBI Y’UBUHINZI YA LETA YA KIGALI IYOBOWE NA FPR INKOTANYI IMWE MU BITERA INZARA MU RWANDA . Rishingiye ku byemezo bitandukanye bya Leta…
Bwana Cikuru yongeye gusyirwa mu majwi yo kumena amabanga ya kazi.
Uwiyita « AVOCAT » CIKURU MWANAMAYI Joseph akomeje kuvugwako akomeje kumena amabanga ya kazi. Nk’uko mu minsi ishije twabagaragarije neza n’ibimenyetso bihagije ko uwo mugabo CIKURU MWANAMAYI Joseph wo mu…
Inyenyerinews Message to the Opposition
Inyenyeri news would like to categorically make it clear that at no time has been and will ever serve interests of individuals as some opposition figures have stated in their…
Igenzura twakoze twasanze ingo 47 000 zifite ikibazo cy’ibiribwa
Mu Rwanda ngo nta nzara ihari ahubwo hari amapfa, ibi byateje impaka hagati ya Minisitiri n’abanyamakuru, *Minisitiri Mukeshimana Geraldine yavuze ko abajya Uganda bababa bagiye gushaka akazi, *MINAGRI irakora ibishoboka…