Polisi ya Malawi yasinye amasezerano na Polisi ya Dan Munyuza
Umukuru wa Polisi mpotozi y’ u Rwanda IGP Dan Mumyuza ( wamamaye kubera ibikorwa bye byo kwicisha abatavuga rumwe na leta yifashishije uburozi bukunze kwitwa utuzi twa Munyuza) yitabiriye inama mpuza mahanga yahuje inzego za polisi z’ ibihugu 33 tariki 25-26 yabereye ahitwa Bingu wa Muthalika International Convention Centre (BICC) mu umurwa mukuru wa Lilongwe mugihugu cya Malawi.

Nyuma y’ iyo nama , IGP Dan Munyuza n’ uwahagarariye Polisi ya Malawi basinye amasezerano kubirebana n’amahugurwa y’ umwuga wa Polisi , umutekano, guhana amakuru no gufashanya mu ugukurikirana abanyabyaha.
Christine Muhirwa
https://inyenyerinews.info/amakuru-2/polisi-ya-malawi-yasinye-amasezerano-na-polisi-ya-dan-munyuza/https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2019/03/Screen-Shot-2019-03-26-at-10.23.36-PM-1.png?fit=768%2C504&ssl=1https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2019/03/Screen-Shot-2019-03-26-at-10.23.36-PM-1.png?resize=140%2C140&ssl=1LATEST NEWSUmukuru wa Polisi mpotozi y' u Rwanda IGP Dan Mumyuza ( wamamaye kubera ibikorwa bye byo kwicisha abatavuga rumwe na leta yifashishije uburozi bukunze kwitwa utuzi twa Munyuza) yitabiriye inama mpuza mahanga yahuje inzego za polisi z' ibihugu 33 tariki 25-26 yabereye ahitwa Bingu...Placide KayitareNoble Mararakayitare@gmail.comAdministratorINYENYERI NEWS