Hashize iminsi ijambo intambara rigarukwaho , yaba muruhame cyangwa mumatamatama…

Nyuma y’ uko u Burundi buvugiye kumugaragaro ko u Rwanda ari “umwanzi “,  Perezida Kagame yagaragaye yambaye imyenda ya gisirikari mumuhango wo gusoza imyitozo yiswe “Exercise Hard Punch” yari imaze  amezi atatu.

Kagame  yaba azinduwe no  kuvugurura igisirikari cye ?

Nyuma y’ imyaka myinshi yambara gisivili, kuba asubiye mumwenda wa gisirikari byakiriwe nk’ ubutumwa  budashidikanywaho,  Minisitiri w’ Ingabo ,Albert Murasira ( ibumoso bwe kuri iyi foto ikurikira)  we yari yiyambariye gisivili; Patrick Nyamvumba , umugaba mukuru w’ ingabo ( iburyo bwe ) nawe yari yambariye urugamba nkuko bisanzwe.

 

 

Christine Muhirwa

https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2018/12/IMG-20181211-WA0002.jpg?fit=850%2C751&ssl=1https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2018/12/IMG-20181211-WA0002.jpg?resize=140%2C140&ssl=1Placide KayitareLATEST NEWSHashize iminsi ijambo intambara rigarukwaho , yaba muruhame cyangwa mumatamatama... Nyuma y' uko u Burundi buvugiye kumugaragaro ko u Rwanda ari 'umwanzi ',  Perezida Kagame yagaragaye yambaye imyenda ya gisirikari mumuhango wo gusoza imyitozo yiswe 'Exercise Hard Punch' yari imaze  amezi atatu. Kagame  yaba azinduwe no  kuvugurura igisirikari cye ? Nyuma y'...PUBLISHING YOUR NEWS WITH CUTTING EDGE STYLE