Mu Itangazo dukesha urubuga rw’Ihuriro Nyarwanda RNC rigaragaza ko Nkerinka Eustache wari umunyamuryango waryo akaba ndetse ari nawe wari ushinzwe Komisiyo y’Amatora muri iryo huriro yitabye Imana azize uburwayi ku myaka 76 y’amavuko.

Nkerinka yabaye Umudepite mu nteko ishinga Amategeko y’u Rwanda hagati y’1994 na 1999 mbere yuko ahava yerekeza ku mugabane w’u Burayi mu gihugu cy’Ubudage aho yaje gusa ndetse yemererwa Ubuhungiro nk’Umunyapolitiki waruhunze Leta ya Kigali.

Uyu mugabo atabarutse azize uburwayi aho yaratuye mu gihugu cy’Ubudage mu mujyi wa Hessen, Imana imuhe iruhuko ridashira.

https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2025/06/Nkerinka-Eustache-1.jpg?fit=520%2C347&ssl=1https://i0.wp.com/inyenyerinews.info/wp-content/uploads/2025/06/Nkerinka-Eustache-1.jpg?resize=140%2C140&ssl=1WriterLATEST NEWSPOLITICSKagame,RNC,RwandaNkerinka Eustache aho yaratuye mu Budage mu mujyi wa Hessen. Mu Itangazo dukesha urubuga rw'Ihuriro Nyarwanda RNC rigaragaza ko Nkerinka Eustache wari umunyamuryango waryo akaba ndetse ari nawe wari ushinzwe Komisiyo y'Amatora muri iryo huriro yitabye Imana azize uburwayi ku myaka 76 y'amavuko. Nkerinka yabaye Umudepite mu nteko ishinga Amategeko y'u...PUBLISHING YOUR NEWS WITH CUTTING EDGE STYLE